Upload
others
View
6
Download
0
Embed Size (px)
Citation preview
7-,
lnloro{Umujyi _ Akurere Umurenge tshurirrmmmAMA ZTNA Y' UMUIfYE SHURI
-
IZINA RYT\VE BWITE:
.ENDI MAZINA YAWE:
INOMERO Y'UMUIiTYESHURI N'AMJIZINAYE BIGOMBAI(UGARIS.GARN NK'UKO BYANDITSWEKURI I 3REGISTRIITION TORMI'
Umunyerhuri
IKIZAMINI CY' ilTINYARWANDAUIVIWAI(A WA GATANDATU 2OO9
Igihe kirnara: arnasaha abiri
UMWANDIITO : KIIR\VAIIYA ISIIRIKarega na I(arera bazi neza ko imbaragra z'amazi ari zo zitera isuri. Bazi kandi ko hari isuri icaimikular n'itera inkangu"
Basabye umwarimu wabo kubasobanurira uko barwanya isuri, cyane cyane itwara ubutal<a bwohejuru' Mwarimu arababwira, ati "ngiye kubabaza ibibazo bibiri, hanyuma dushakire harrwe- uburyo bwo kurwanya isuri. Ni iki amazi imbaraga? Ubutaka bushoborwa cyane n,isuri bubabumeze bute?"
Karera aramusubiza, ati "amazi agira imbaraga iyo atemba vuba; ahacuramye ahitana byose,ahategamye ahasiga ibyo yamanuye, agata imbaraga zose yari afite." Mwarimu aramusubiza,ati: "ikibazo cya mbere ugishubije neza cyane: kurwanya isuri ni ukubuza amazi gutembayiruka cyane.',
Mwarimu arongrera' ati "ni nde wasubiza ikibazo cya kabiri?" karega arasubiza, ati ,,ibirinclaubutaka isuri Li ibilring'wa n'ibyatsi bibutwikira. Iyo ubutaka buhinze butarabona ibiiringrv-abibutwikira, nta cyaburwanaho, imvura itwara igitaka cyinshi.,,
Noneho Mwarimu abasobanurira uburyo bwo kubuza amazi kwiruka cyaner imyobo bacukuraku misozi itangira amazi ikayabuza }arinika cyane. Imiringoti n'ibyatsi batera bihagarika amazi,bikayambura igitaka yari atwaye. Ku materasi ubutaka buba bushashe, amazi ntatemba ngoatware igitaka. Iyo ubutaka buhinze neza, amazi abucengeramo ntatembe. Ubutaka burimoimborera ituruka ku ifumbire bunyrua amazi menshi. Amazi ntahatemba cyane" Murabona ]<ohari uburyo bwinshi bwo guhagarika amazi.
I(arega arabaza, ati "muvuze ko ubutaka buhinze neza bwinjirwamo n'amazi bukayabuzagutemba, nyarnara mbere bari bavuze ko ubwo butaka nta cyo bufite kiburwanaho.,,
Mwarimu arasubiza, ati "ikibazo cyawe ni cyiza cyane" Akenshi igikorwa kimwe kigira ibyizan'ibibi, ni yo mpamvu igikorwa kimwe kidahagije. Ubutaka buhinze neza mu murima ud.aciyehoimyobo, ntuterweho ibyatsi, buzatwarwa n'isuri. Ni ngombwa kwita ku bintu byinshi.Ahacuramye cyane ntibahahinga, bahatera ishyamba, ahad.acuramye cyane baharekera unr,,uricy ang-wa b akahat era ibihinqnra bitwikira ubut aka.,,
-*ev,rion
rIGICE CYA MBERE: UMW,ANDII(O TU,IIuIrrn.ERE Y,URTinrwu
L I(uxnva umwandiko (ll)l. Ni bande bavugwa muri uyu mwandiko? Baraganira ku ki? (Z)
2. Abavugwa muri uyu mwandiko barifuza kumenya iki? (t)
3. fuldika amoko abiri y'isuri avugwa muri uyu mwandiko. (I)
4. Mu buryo bwo kurwanya isuri buvugrwa mu mwandiko andikamo bubiri bukoreshwa cyane
mu Rwaada kandi bufite ingrufu kurusha ubundi. (2)
5. Guhinga neza ubutal<a birahagije kugira ngo turwanye isuri? sobanura. (2)
6" Mu Rwanda uburyo bugezweho bwo kurwanya isur-i ku misozi ihanamye ni ubuhe?(l)
7- Ahantu hacuramye cyane hagenerwa iki? Ahadacuramye ho se hagenerwa iki? (Z)
u. I\mINGITRAMAGAMB O (I4)
. B. Uzurisha buri nteruro ijambo uhisemo muri aya akurikira: (Z)
urwuri, imikular, iakangu, imiringoti, amaterasi, imborera, icraramye.
(a). Ni byrza guftrmbiza kugira ngo amazi afate mu butaka.(b)" Amazi atemba afite imbarag.a aca ndetse hari n'igihe atera
ku misozi.
(c). Gucukura ntutereho ibyatsi nta bwo biba bihagije"(d)" Umushumba yajyanye inka mu akererewe.(e). Guca mu mirima birwanya isuri.
(I).Imisozi itwarwa n'isuri
9. Andika imbusane z'amagarn)5o akurikira:'- tieJuru
- I(ugenda
- Vuba
- I(ubuza
- I(wambura
10. Andika impuzanyito z'amagambo akurikira:
- Imbaraga
- Abucengeramo
REVISION WORKBOOK OF KINYARWANDA PAST PAPERS Pqe 32 of t l2
I
rrr. urulvlENytRUSANGEEUTURIIRIMI(5),_ril. Andika imigani itatu y'imigenurano iganisha ku burezi n,uburere. (3)t'
I
12. Andika ibisakr:zo bitatu kandi ubisubize. (3)
rv. uflBoNEZlUVnn co (34)
13. Andika ubwoko bw'amazina aciyeho akarongo: (3)Karega na I(arera basabye umwarimu wabo kubasobanurira uko barwaaya isuri.
14. Arrdika ntera ziri mu gika cya nyuma cy'umwandiko. (2)
15. Andika ibinyazina biri mu gika rya kabiri cy'umwand.iko hanyuma uvugie amazina yabyo. (4)
16. Andika imimaro y'amagambo agize iyi nteruro. (3)Amazi acengera mu butaka.
17" Andika inteko z'amagambo aciyeho akarongo. (6)Amazi agira imbaraga iyo atemba vuba; ahacuramye ahitana byose, ahategamye. lv,11"le-r:rrqgaramusubiza ati: "ikibazo cya mbere ugishubije neza cyane : kurwanya isuri ni ukubuza amazigutemba yiruka cyane.',
18. Tondagura inshinga iri mu dukubo mu ndango yemeza no rnu nd.ango ihakana. (2).,Amazi (gutemba) yiruka cyane.
I9. ukoresheje ingero andika ibihe bikuru by'inshinga y,ikinyarwanda. (6)
.*',.'-=Paqe 33 of 1 12
I
4' 20. Sanisha iyi interuro mu nteko ya Z, 8, 12 na 14. (4)
Udutaka dutakara dutwawe n'amazi ni twinshi.
2I. Garagaza uturemajambo tw'amazina n'amategeko y'igrenamajwi yubahirijwe. (4)- Imbaraga:
- Ibyatsi:
- lmvura:
- Urwuri:
v. UBUTINDE N'AMASAKU (rO)
22"(a). Ukoresheje ingrero eshanu, erekaaa ko isaku nyesi n'isaku nyejuru bifite ubushobozi bwogutandukanya amagambo y'Ikinyarwand.a. (S)
(b). andika amagambo abiri ahuje ubutinde n'amasaku n'ijambo urnwiaka, n,an,J.i atatu ahujeubutinde n'amasaku n'ijambo urnwaixi. (S)
vr. IMYnNDITSRE y,IrgNyARwANDA (t 0)
23.(a). Andika neza interuro zand.itse nabi. (S)
i. Mu rwuri niho inka zirisha
ii. Kwubaha ni ingira kamaro
Nta kibyara nka intare na ingwe
Umulimo ukozwe neza ugakorerwa igihe unezeza nyina wo.
(b). Shyira utwatuzo kunteruro zikurikira. (S)
i. Mbega tunwana mwiza we
ii. Ni nde mwahuye mu gitondo
iii. Yaguriye abana inkweto imyenda n'ibindiiv. Yavuze ati ni byiza ko ngenda
REVISION WORKBOOK OF KINYARWANDA PAST PAPERS
ul.Iiv.
i_,'t:.,'i
I
24- Urangije amashuri abanza, maze utsinda ikizaminicya Leta bagrushyiia ku kigo utifuza.Andikira ibaruwa Umuyobozi w'Uburezi mu Karere umusaba grr.rhindurirriua ikigo. Izina ryawe ribeUwimanaPastflre wigaga ku ishuri rya I(arniia;
{{